Yahise akoresha icupa: Abagore batatu bashatse gufatira Jacky ku ngufu mu bwiherero

Usanase Shalon, wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Jacky, yahishuye ko yigeze guhura n’akaga gakomeye ubwo abagore batatu bageragezaga kumusambanya ku gahato mu bwiherero bw’akabari barimo basohokeramo.  Ibi yabivuze mu …

Yahise akoresha icupa: Abagore batatu bashatse gufatira Jacky ku ngufu mu bwiherero Read More

Burundi: Igisubizo cya Perezida Ndayishimiye ku bifuza ko yava ku butegetsi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, ritazigera rireka kuyobora igihugu, kuko ryakigezemo binyuze mu rugamba rukomeye.  Ibi yabivuze ku wa 27 Gicurasi 2025, ubwo …

Burundi: Igisubizo cya Perezida Ndayishimiye ku bifuza ko yava ku butegetsi Read More

Alliah Cool n’umuririmbyi Rayvanny baraye bishimanye bikomeye mu kabari

Alliah Cool, umukinnyi wa filime w’Umunyarwandakazi, yagaragaye ari mu bihe by’ubusabane n’umuhanzi w’icyamamare Rayvanny mu birori byo kwishimira ubukwe bwa Juma Jux n’umugore we mushya, Priscilla Ajoke Ojo, umukinnyi wa …

Alliah Cool n’umuririmbyi Rayvanny baraye bishimanye bikomeye mu kabari Read More

Amakuru mashya ku gitero simusiga FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo bagabye kuri M23 na Twirwaneho.

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryahuye n’akaga gakomeye nyuma yo gusanganira imirwano y’akanya gato na Twirwaneho na M23, ku wa Kabiri tariki ya 27 Gicurasi 2025, mu …

Amakuru mashya ku gitero simusiga FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo bagabye kuri M23 na Twirwaneho. Read More

Abasirikare babiri mu ngabo z’u Rwanda bitabye Imana bagiye guhabwa igihembo gikomeye cyane.

Sergent Major Fiston Murwanashyaka na Caporal Eliakim Niyitegeka, bombi bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), bagiye guhabwa igihembo cyihariye na Loni, nk’ishimwe ku bwitange n’ubutwari bagaragaje mu butumwa bwo kugarura …

Abasirikare babiri mu ngabo z’u Rwanda bitabye Imana bagiye guhabwa igihembo gikomeye cyane. Read More

Umuhanzikazi Marina yahishuye ibiryo asigaye arya kugira ngo azana amabuno meza akundwa na benshi

Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi Marina Deborah yahakanye amakuru amaze igihe avugwa ku mbuga nkoranyambaga ko yaba yarabazwe kugira ngo yongere amabuno.  Mu kiganiro yagiranye na BB Kigali, Marina yavuze ko ibyo abantu …

Umuhanzikazi Marina yahishuye ibiryo asigaye arya kugira ngo azana amabuno meza akundwa na benshi Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryatanze integuza y’umujyi ukomeye cyane ryiteguye kwigarurira mu minsi micye.

Ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC/M23, ririmo M23 na Twirwaneho, bwatangaje ko abasirikare ba M23 biteguye gufata umujyi wa Uvira, aho Leta ya Congo Kinshasa yahimuriye ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo.  …

Ihuriro rya AFC/M23 ryatanze integuza y’umujyi ukomeye cyane ryiteguye kwigarurira mu minsi micye. Read More

Bitunguranye mu Mujyi, Abajura batoboye urusengero banywa divayi barya n’imigati yo guhazwa

Mu karere ka Kirinyaga, mu gihugu cya Kenya, haravugwa igikorwa cy’ubujura kidasanzwe cyabereye mu rusengero rwa ACK St. Matthew’s Mutithi Church, aho abajura binjiye nijoro bagasahura ibikoresho, banatinyuka kunywa divayi …

Bitunguranye mu Mujyi, Abajura batoboye urusengero banywa divayi barya n’imigati yo guhazwa Read More

Perezida Macron yagize icyo atangaza nyuma yo kurya urushyi rw’umugore we Brigitte umurusha imyaka 25.

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yahakanye amakuru avuga ko umugore we, Brigitte Macron, yamukubise urushyi. Yatangaje ko ayo makuru ari ibihuha ndetse ko abantu bari gukwirakwiza ibitari ukuri ku mubano …

Perezida Macron yagize icyo atangaza nyuma yo kurya urushyi rw’umugore we Brigitte umurusha imyaka 25. Read More