Bitunguranye mu Mujyi, Abajura batoboye urusengero banywa divayi barya n’imigati yo guhazwa

Mu karere ka Kirinyaga, mu gihugu cya Kenya, haravugwa igikorwa cy’ubujura kidasanzwe cyabereye mu rusengero rwa ACK St. Matthew’s Mutithi Church, aho abajura binjiye nijoro bagasahura ibikoresho, banatinyuka kunywa divayi …

Bitunguranye mu Mujyi, Abajura batoboye urusengero banywa divayi barya n’imigati yo guhazwa Read More

Perezida Macron yagize icyo atangaza nyuma yo kurya urushyi rw’umugore we Brigitte umurusha imyaka 25.

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yahakanye amakuru avuga ko umugore we, Brigitte Macron, yamukubise urushyi. Yatangaje ko ayo makuru ari ibihuha ndetse ko abantu bari gukwirakwiza ibitari ukuri ku mubano …

Perezida Macron yagize icyo atangaza nyuma yo kurya urushyi rw’umugore we Brigitte umurusha imyaka 25. Read More

Kigali: Umwana w’amezi 18 bamukuye igiceri cya 50 mu gifu batabanje kumubaga.

Ku wa Mbere, tariki ya 26 Gicurasi 2025, abaganga bo mu bitaro bikuru bya Kaminuza ya Kigali (CHUK) bakoze igikorwa kidasanzwe cyo gukuramo igiceri cyari kimaze ukwezi mu gifu cy’umwana …

Kigali: Umwana w’amezi 18 bamukuye igiceri cya 50 mu gifu batabanje kumubaga. Read More

Amakuru mashya: Uwategetse itabwa muri yombi rya Perezida Kagame akanarahirira komeka u Rwanda kuri RDC agiye gufungwa azira Miliyoni 19 z’Amadolari.

Mu gihe yaherukaga kuvugira imbere y’itangazamakuru ko naramuka atsinze amatora ya Perezida azatangiza intambara ku Rwanda akarugira intara ya 27 ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Minisitiri w’Ubutabera Constant …

Amakuru mashya: Uwategetse itabwa muri yombi rya Perezida Kagame akanarahirira komeka u Rwanda kuri RDC agiye gufungwa azira Miliyoni 19 z’Amadolari. Read More

Abantu bose barufungiye inzira? Nyuma y’uko u Burundi na RDC bifungiye inzira u Rwanda, ubu rwamaze kuyibona mu bihugu 12 bishya

Mu gihe bamwe mu bategetsi ba RDC bashimishwa no kuvuga ko “u Rwanda rufungiwe inzira,” ibimenyetso bifatika birerekana ko ahubwo igihugu cyateye intambwe ikomeye mu kongera imikoranire n’ibindi bihugu by’isi. …

Abantu bose barufungiye inzira? Nyuma y’uko u Burundi na RDC bifungiye inzira u Rwanda, ubu rwamaze kuyibona mu bihugu 12 bishya Read More

Ntimuzatungurwe! Ibyaganiriweho mu nama rukokoma yahuje Joseph Kabila n’abayobozi ba AFC/M23 byaciye yagaragaje ibyo bari gutegura.

Nyuma y’imyaka myinshi asa n’uwacecetse, Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yongeye kugaragara mu ruhando rwa politiki, none kuri ubu ni umwe mu …

Ntimuzatungurwe! Ibyaganiriweho mu nama rukokoma yahuje Joseph Kabila n’abayobozi ba AFC/M23 byaciye yagaragaje ibyo bari gutegura. Read More

Imirwano ikaze muri Rutshuru yasize AFC/M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye bya FARDC.

Ku cyumweru tariki ya 25 Gicurasi 2025, abasirikare bo mu Ihuriro rya AFC/M23, ririmo Twirwaneho na M23, bongeye kwerekana imbaraga zabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ubwo bafataga ibirindiro bikomeye …

Imirwano ikaze muri Rutshuru yasize AFC/M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye bya FARDC. Read More

Umuziki mpuzamahanga urakura mu Rwanda: Coach Gaël avuga kuzana Chris Brown i Kigali

Umwe mu bashoramari bakomeye mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, Coach Gaël, yatangaje ko ari mu myiteguro yo kuzana umuhanzi mpuzamahanga Chris Brown mu Rwanda. Ibi yabinyujije mu butumwa yanyujije ku …

Umuziki mpuzamahanga urakura mu Rwanda: Coach Gaël avuga kuzana Chris Brown i Kigali Read More

KIVU PRIDE MEDIA Ltd: Ikoranabuhanga rigezweho ku nyungu z’Abanyekongo bari imbere mu gihugu no mu mahanga

KIVU PRIDE MEDIA Ltd ni kompanyi y’itumanaho n’ikoranabuhanga yavukiye i Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu bihe byihariye byo guhinduka kw’amateka, nyuma y’uko AFC/M23 ifashe …

KIVU PRIDE MEDIA Ltd: Ikoranabuhanga rigezweho ku nyungu z’Abanyekongo bari imbere mu gihugu no mu mahanga Read More

Ubutumwa Ihuriro rya AFC/M23 ryageneye Joseph Kabila nyuma y’uko asesekaye mu bice rigenzura

Mu gihe amahanga akomeje gutangarira uko Umujyi wa Goma wabaye icyitegererezo cy’ituze n’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ihuriro AFC/M23 ryakiranye n’ibyishimo byinshi kugaruka kwa Joseph Kabila Kabange, wahoze …

Ubutumwa Ihuriro rya AFC/M23 ryageneye Joseph Kabila nyuma y’uko asesekaye mu bice rigenzura Read More