Amakuru mashya: Uwategetse itabwa muri yombi rya Perezida Kagame akanarahirira komeka u Rwanda kuri RDC agiye gufungwa azira Miliyoni 19 z’Amadolari.

Mu gihe yaherukaga kuvugira imbere y’itangazamakuru ko naramuka atsinze amatora ya Perezida azatangiza intambara ku Rwanda akarugira intara ya 27 ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Minisitiri w’Ubutabera Constant …

Amakuru mashya: Uwategetse itabwa muri yombi rya Perezida Kagame akanarahirira komeka u Rwanda kuri RDC agiye gufungwa azira Miliyoni 19 z’Amadolari. Read More

Abantu bose barufungiye inzira? Nyuma y’uko u Burundi na RDC bifungiye inzira u Rwanda, ubu rwamaze kuyibona mu bihugu 12 bishya

Mu gihe bamwe mu bategetsi ba RDC bashimishwa no kuvuga ko “u Rwanda rufungiwe inzira,” ibimenyetso bifatika birerekana ko ahubwo igihugu cyateye intambwe ikomeye mu kongera imikoranire n’ibindi bihugu by’isi. …

Abantu bose barufungiye inzira? Nyuma y’uko u Burundi na RDC bifungiye inzira u Rwanda, ubu rwamaze kuyibona mu bihugu 12 bishya Read More

Ntimuzatungurwe! Ibyaganiriweho mu nama rukokoma yahuje Joseph Kabila n’abayobozi ba AFC/M23 byaciye yagaragaje ibyo bari gutegura.

Nyuma y’imyaka myinshi asa n’uwacecetse, Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yongeye kugaragara mu ruhando rwa politiki, none kuri ubu ni umwe mu …

Ntimuzatungurwe! Ibyaganiriweho mu nama rukokoma yahuje Joseph Kabila n’abayobozi ba AFC/M23 byaciye yagaragaje ibyo bari gutegura. Read More

Imirwano ikaze muri Rutshuru yasize AFC/M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye bya FARDC.

Ku cyumweru tariki ya 25 Gicurasi 2025, abasirikare bo mu Ihuriro rya AFC/M23, ririmo Twirwaneho na M23, bongeye kwerekana imbaraga zabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ubwo bafataga ibirindiro bikomeye …

Imirwano ikaze muri Rutshuru yasize AFC/M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye bya FARDC. Read More

KIVU PRIDE MEDIA Ltd: Ikoranabuhanga rigezweho ku nyungu z’Abanyekongo bari imbere mu gihugu no mu mahanga

KIVU PRIDE MEDIA Ltd ni kompanyi y’itumanaho n’ikoranabuhanga yavukiye i Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu bihe byihariye byo guhinduka kw’amateka, nyuma y’uko AFC/M23 ifashe …

KIVU PRIDE MEDIA Ltd: Ikoranabuhanga rigezweho ku nyungu z’Abanyekongo bari imbere mu gihugu no mu mahanga Read More

Ubutumwa Ihuriro rya AFC/M23 ryageneye Joseph Kabila nyuma y’uko asesekaye mu bice rigenzura

Mu gihe amahanga akomeje gutangarira uko Umujyi wa Goma wabaye icyitegererezo cy’ituze n’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ihuriro AFC/M23 ryakiranye n’ibyishimo byinshi kugaruka kwa Joseph Kabila Kabange, wahoze …

Ubutumwa Ihuriro rya AFC/M23 ryageneye Joseph Kabila nyuma y’uko asesekaye mu bice rigenzura Read More

Gen.Muhoozi Kainerugaba yagaye indeshyo ya Ambasaderi woherejwe n’Igihugu cy’i Burayi kugihagararira muri Uganda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, yongeye kuvugisha benshi nyuma y’ubutumwa yashyize ku rubuga rwa X, aho yatangaje ko atumva impamvu igihugu cy’u Budage cyohereje Ambasaderi mugufi kurusha …

Gen.Muhoozi Kainerugaba yagaye indeshyo ya Ambasaderi woherejwe n’Igihugu cy’i Burayi kugihagararira muri Uganda Read More

Joseph Kabila yagaragaye mu Bice bigenzurwa na AFC/M23: Intambwe ikomeye mu mpinduka za politiki ya RDC

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, yagaragaye mu bice biri mu maboko y’Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, mu gihe hakomeje kubaho urujijo …

Joseph Kabila yagaragaye mu Bice bigenzurwa na AFC/M23: Intambwe ikomeye mu mpinduka za politiki ya RDC Read More

Abasirikare ba AFC/M23 mu nzira zerekeza i Kinshasa nyuma y’ibyatangajwe na Bertrand Bisiimwa

Nyuma y’igihe kinini abatuye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) barambiwe akarengane, ubukene, ivangura n’ubuyobozi bwa bwananiranye, Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko igihe cyo gutegereza impinduka cyarangiye.   Mu ijambo ryumvikanisha …

Abasirikare ba AFC/M23 mu nzira zerekeza i Kinshasa nyuma y’ibyatangajwe na Bertrand Bisiimwa Read More

M23 yaburiye u Burundi bukomeje kuyirwanya no kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR

Umuyobozi ushinzwe politiki muri M23, Bertrand Bisiimwa, yahaye ubutumwa bukakaye Ingabo z’u Burundi ziri mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), azisaba gusubira …

M23 yaburiye u Burundi bukomeje kuyirwanya no kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR Read More