“Afande Atazatugaya”, Uko Gentil yahaye icyubahiro intwari y’Abanyamulenge

Mu misozi y’amahinda ya Minembwe, Uvira Na Fizi, aho urusaku rw’amasasu rwagiye rusimbura indirimbo z’ubukwe n’amasengesho y’amahoro, havuye ijwi rituje ariko ryimbitse. Ni indirimbo yitwa “Afande Atazatugaya”, yahimbiwe kunamira, guha …

“Afande Atazatugaya”, Uko Gentil yahaye icyubahiro intwari y’Abanyamulenge Read More

Inkuru y’akababaro: Nyina wa Chriss Eazy Yitabye Imana Nyuma y’Iminsi Arwariye mu Bitaro

Mu gihe benshi bari mu byishimo by’ikiruhuko cy’impeshyi, umubabaro mwinshi wasakaye mu ruganda rwa muzika nyarwanda ubwo hatangazwaga Inkuru ibabaje y’urupfu rwa Nyina wa Chriss Eazy, umwe mu bahanzi bakunzwe …

Inkuru y’akababaro: Nyina wa Chriss Eazy Yitabye Imana Nyuma y’Iminsi Arwariye mu Bitaro Read More

Umuhanzikazi Asinah yakubitiwe i Kigali, ahita yitabaza RIB

Umuhanzikazi Asinah, umwe mu bakobwa bafite izina rikomeye mu myidagaduro y’u Rwanda, yatanze ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma yo gukubitwa n’umugabo bivugwa ko ari Umunya-Eritrea. Ibi byabaye mu …

Umuhanzikazi Asinah yakubitiwe i Kigali, ahita yitabaza RIB Read More

Indirimbo ‘We made it’ yashegeshe umubano wa Khalfan na Marina

Khalfan yagarutse ku makimbirane ye Na Marina: “Nashatse gusibisha indirimbo, umutimanama urankomanga” Umuraperi Khalfan yongeye gutangaza uko yumvise ibintu  byinshi nyuma y’amakimbirane yavutse hagati ye Na Marina, aho yamushinjaga kugerageza …

Indirimbo ‘We made it’ yashegeshe umubano wa Khalfan na Marina Read More

Umuhanzikazi Marina yahishuye ibiryo asigaye arya kugira ngo azana amabuno meza akundwa na benshi

Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi Marina Deborah yahakanye amakuru amaze igihe avugwa ku mbuga nkoranyambaga ko yaba yarabazwe kugira ngo yongere amabuno.  Mu kiganiro yagiranye na BB Kigali, Marina yavuze ko ibyo abantu …

Umuhanzikazi Marina yahishuye ibiryo asigaye arya kugira ngo azana amabuno meza akundwa na benshi Read More

Umuziki mpuzamahanga urakura mu Rwanda: Coach Gaël avuga kuzana Chris Brown i Kigali

Umwe mu bashoramari bakomeye mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda, Coach Gaël, yatangaje ko ari mu myiteguro yo kuzana umuhanzi mpuzamahanga Chris Brown mu Rwanda. Ibi yabinyujije mu butumwa yanyujije ku …

Umuziki mpuzamahanga urakura mu Rwanda: Coach Gaël avuga kuzana Chris Brown i Kigali Read More