Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye ibitero simusiga bya Drones mu baturage

Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 29 Gicurasi 2025, agace ka Mikenke gaherereye mu misozi ya Minembwe kongeye kwisanga mu mwuka w’intambara nyuma y’uko indege zitagira abapilote (drones) …

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye ibitero simusiga bya Drones mu baturage Read More

Kuki u Rwanda rwamaganye ubutegetsi bwa AFC/M23 muri Kivu zombi? Menya ibigiye gukurikiraho.

U Rwanda ni kimwe mu bihugu 12 byamaganye ishyirwaho ry’ubutegetsi bw’inyongera mu bice byafashwe na M23 mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), bubangikanye n’ubwa leta isanzwe.  Ibi …

Kuki u Rwanda rwamaganye ubutegetsi bwa AFC/M23 muri Kivu zombi? Menya ibigiye gukurikiraho. Read More

Umwanzi duhanganye na we n’ubu turi mu biganiro – Muyaya wanakomoje ku igaruka rya Joseph Kabila.

Mu gihe ibice byinshi by’igihugu byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje guhura n’ibibazo by’umutekano muke, ruswa n’imiyoborere idakurikiza amategeko, kugaragara kwa Joseph Kabila Kabange i Goma, …

Umwanzi duhanganye na we n’ubu turi mu biganiro – Muyaya wanakomoje ku igaruka rya Joseph Kabila. Read More

Ni Kadahwema ya Kagame: Dr. Mukwege yashimangiye ko Kabila akoreshwa n’u Rwanda

Umuganga wamenyekanye cyane ku rwego mpuzamahanga ndetse unazwi mu ruhando rwa politiki, Dr. Denis Mukwege, yongeye kuvuga amagambo asebya Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya …

Ni Kadahwema ya Kagame: Dr. Mukwege yashimangiye ko Kabila akoreshwa n’u Rwanda Read More

Yahise akoresha icupa: Abagore batatu bashatse gufatira Jacky ku ngufu mu bwiherero

Usanase Shalon, wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Jacky, yahishuye ko yigeze guhura n’akaga gakomeye ubwo abagore batatu bageragezaga kumusambanya ku gahato mu bwiherero bw’akabari barimo basohokeramo.  Ibi yabivuze mu …

Yahise akoresha icupa: Abagore batatu bashatse gufatira Jacky ku ngufu mu bwiherero Read More

Burundi: Igisubizo cya Perezida Ndayishimiye ku bifuza ko yava ku butegetsi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, ritazigera rireka kuyobora igihugu, kuko ryakigezemo binyuze mu rugamba rukomeye.  Ibi yabivuze ku wa 27 Gicurasi 2025, ubwo …

Burundi: Igisubizo cya Perezida Ndayishimiye ku bifuza ko yava ku butegetsi Read More

Alliah Cool n’umuririmbyi Rayvanny baraye bishimanye bikomeye mu kabari

Alliah Cool, umukinnyi wa filime w’Umunyarwandakazi, yagaragaye ari mu bihe by’ubusabane n’umuhanzi w’icyamamare Rayvanny mu birori byo kwishimira ubukwe bwa Juma Jux n’umugore we mushya, Priscilla Ajoke Ojo, umukinnyi wa …

Alliah Cool n’umuririmbyi Rayvanny baraye bishimanye bikomeye mu kabari Read More

Amakuru mashya ku gitero simusiga FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo bagabye kuri M23 na Twirwaneho.

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryahuye n’akaga gakomeye nyuma yo gusanganira imirwano y’akanya gato na Twirwaneho na M23, ku wa Kabiri tariki ya 27 Gicurasi 2025, mu …

Amakuru mashya ku gitero simusiga FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo bagabye kuri M23 na Twirwaneho. Read More

Abasirikare babiri mu ngabo z’u Rwanda bitabye Imana bagiye guhabwa igihembo gikomeye cyane.

Sergent Major Fiston Murwanashyaka na Caporal Eliakim Niyitegeka, bombi bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), bagiye guhabwa igihembo cyihariye na Loni, nk’ishimwe ku bwitange n’ubutwari bagaragaje mu butumwa bwo kugarura …

Abasirikare babiri mu ngabo z’u Rwanda bitabye Imana bagiye guhabwa igihembo gikomeye cyane. Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryatanze integuza y’umujyi ukomeye cyane ryiteguye kwigarurira mu minsi micye.

Ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC/M23, ririmo M23 na Twirwaneho, bwatangaje ko abasirikare ba M23 biteguye gufata umujyi wa Uvira, aho Leta ya Congo Kinshasa yahimuriye ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo.  …

Ihuriro rya AFC/M23 ryatanze integuza y’umujyi ukomeye cyane ryiteguye kwigarurira mu minsi micye. Read More