Gen.Muhoozi Kainerugaba yagaye indeshyo ya Ambasaderi woherejwe n’Igihugu cy’i Burayi kugihagararira muri Uganda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, yongeye kuvugisha benshi nyuma y’ubutumwa yashyize ku rubuga rwa X, aho yatangaje ko atumva impamvu igihugu cy’u Budage cyohereje Ambasaderi mugufi kurusha …

Gen.Muhoozi Kainerugaba yagaye indeshyo ya Ambasaderi woherejwe n’Igihugu cy’i Burayi kugihagararira muri Uganda Read More

Abasirikare ba AFC/M23 mu nzira zerekeza i Kinshasa nyuma y’ibyatangajwe na Bertrand Bisiimwa

Nyuma y’igihe kinini abatuye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) barambiwe akarengane, ubukene, ivangura n’ubuyobozi bwa bwananiranye, Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko igihe cyo gutegereza impinduka cyarangiye.   Mu ijambo ryumvikanisha …

Abasirikare ba AFC/M23 mu nzira zerekeza i Kinshasa nyuma y’ibyatangajwe na Bertrand Bisiimwa Read More

M23 yaburiye u Burundi bukomeje kuyirwanya no kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR

Umuyobozi ushinzwe politiki muri M23, Bertrand Bisiimwa, yahaye ubutumwa bukakaye Ingabo z’u Burundi ziri mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), azisaba gusubira …

M23 yaburiye u Burundi bukomeje kuyirwanya no kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR Read More

Urusaku rw’imbunda ni rwinshi: Uko byifashe mu gitero simusiga cy’Igisirikare cy’u Burundi kuri Twirwaneho na M23

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Gicurasi 2025, ishyamba rya Bijabo ryongeye kuba ikibuga cy’intambara nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) …

Urusaku rw’imbunda ni rwinshi: Uko byifashe mu gitero simusiga cy’Igisirikare cy’u Burundi kuri Twirwaneho na M23 Read More